Nyuma yo guhabwa amahugurwa, abanyamakuru b’imikino bagiye guhindura imikorere
Nyuma yo guhabwa amahugurwa ku bijyanye n’indangagaciro z’imikino Olympique ndetse n’imikorere y’itangazamakuru ry’imikino muri rusange, abanyamakuru b’imikino mu Rwanda bayasoje biyemeje guhindura imikorere, bakarushaho gukora nk’abanyamwuga kandi bita ku byifuzo by’ababakurikirana. Muri aya mahugurwa yari amaze icyumweru abera muri Sports view Hotel, abanyamakuru bahugurwa n’impuguke mu mikino Harerimana Tharcisse ukomoka mu Burundi, bahawe ubumenyi ku [...]

Tuesday, March 12, 2013
0 Comments